My360 Helper


Yohana 1:4-10

Yona akigera mu nkuge yari afite amahoro, kugeza nubwo umuraba utera mu nkuge ariko we agakomeza kwisinzirira.

Yona 1:4-10

Yona akigera mu nkuge yari afite amahoro, kugeza nubwo umuraba utera mu nkuge ariko we agakomeza kwisinzirira.

Yona 1:1-3

Imana yahamagaye Yona, imusaba kujya kubwiriza ubutumwa I Nineve kuko muri uyu murwa abantu bari abanyabyaha cyane, nyamara Yona ntiyumvira.

Yohana 1:1-3

Imana yahamagaye Yona, imusaba kujya kubwiriza ubutumwa I Nineve kuko muri uyu murwa abantu bari abanyabyaha cyane, nyamara Yona ntiyumvira.

Yona Intangiriro 2

Abahakanyi benshi bakunze kuzana impaka bashaka kwerekana ko iyi nkuru ya Yona itabayeho ndetse ko ibivugwa muri iki gitabo byose ngo ari umugani cyangwa ibitekerezo. Nyamara Ibyanditswe bigaragaza neza ko Yona yabayeho.

Yohana Intangiriro 2

Abahakanyi benshi bakunze kuzana impaka bashaka kwerekana ko iyi nkuru ya Yona itabayeho ndetse ko ibivugwa muri iki gitabo byose ngo ari umugani cyangwa ibitekerezo. Nyamara Ibyanditswe bigaragaza neza ko Yona yabayeho.

Yona Intangiriro 1

Abahakanyi benshi bakunze kuzana impaka bashaka kwerekana ko iyi nkuru ya Yona itabayeho ndetse ko ibivugwa muri iki gitabo byose ngo ari umugani cyangwa ibitekerezo. Nyamara Ibyanditswe bigaragaza neza ko Yona yabayeho.

Yohana Intangiriro 1

Abahakanyi benshi bakunze kuzana impaka bashaka kwerekana ko iyi nkuru ya Yona itabayeho ndetse ko ibivugwa muri iki gitabo byose ngo ari umugani cyangwa ibitekerezo. Nyamara Ibyanditswe bigaragaza neza ko Yona yabayeho.

Obadiya 1:15-21

Uyu munsi twize ku magambo akomeye ajyanye n’urubanza ariko ijambo rikuru twabonye nuko Uko umuntu yagenje ni ko azagenzerezwa, ibyo abiba ni byo azasarura. Hazaba ibihano bikomeye ka banze kugendera mu mugambi w’Imana ariko nubwo Imana izahana yihanukiriye ntizaca Isiraheli burundu. Kandi nyuma ya byose umugambi w’Imana wuzuye Ubwami bwose buzagaruka mu maboko y’Uwiteka

Obadiya 1:15-21

Uyu munsi twize ku magambo akomeye ajyanye n’urubanza ariko ijambo rikuru twabonye nuko Uko umuntu yagenje ni ko azagenzerezwa, ibyo abiba ni byo azasarura. Hazaba ibihano bikomeye ka banze kugendera mu mugambi w’Imana ariko nubwo Imana izahana yihanukiriye ntizaca Isiraheli burundu. Kandi nyuma ya byose umugambi w’Imana wuzuye Ubwami bwose buzagaruka mu maboko y’Uwiteka

Obadiya 1:10-14

Uyu munsi twibanze kugusobanura ibyahishuye ubwibone bw’Abedomu cyane dufatiye kubyo bagiriye bene wabo Abisiraheli. Icya mbere bagiriye urugomo bene wabo, Ubwa kabiri bifatanya n’abanzi ba Isiraheli babogeza mugihe babagiriraga nabi, Ubwa gatatu bishimiye ibyago bya Yuda, Ubwa kane bagaragaza urwango rukomeye, Ubwa gatanu batanga abacitse ku icumu mu maboko y’ab’I Babuloni. Kuri ibyo byose bongeye ubusahuzi kuko biraye mu bya bene wabo bakimara kujyanwa mu bunyage.