Ibyerekeye TUMENYE BIBILIYA
Sawuli n’abinzu ye y’abicanyi yishe Abagibeyoni, kungoma ya Dawidi bituma Imana ibahanisha inzara yimyaka itatu. Dawidi yakomeje kurwana n’Abafilisitiya arabatsinda.
Nari umunyabyaha wo gucirwaho iteka, ariko Imana yerekana urukundo rwayo mu gutanga Umwana wayo Yesu Kristo ngo ampfire, kumwizera bimpesha ubugingo buhoraho.
Imana ihana icyaha, uko ni ko byabaye kuri Israeli ni nako byabaye kandi no kuri Egiputa. Egiputa yahanwe kuko yahawe umucyo, kandi Imana yayiyeretse kenshi ariko abanyegiputa
Ongera aho ubika ibyagushimishije
Ugomba kuba uri
Winjiye
Kubika ibyo wakunze cyane.
Funga
Ibyongewe aho ubika ibyagushimishije.
Gukuraho ibyakunzwe.
Subscribe by Email
Subscribed.
Unsubscribed.
Ibyerekeye
Tumenye Bibiliya ni umurimo w’ivugabutumwa ushingiye ku nyigisho za Bibiliya zitambuka kuri radiyo kandi zikagera hirya no hino ku isi mu ndimi zirenga 100. Intego yacu iroroheje kandi ihura n’iyo Dr. McGee ubwe yagezeho ari yo: Kujyana Ijambo ryose mu isi yose.
Urubuga twr.org