Ibyerekeye TUMENYE BIBILIYA
Ezekiyeli yahawe umurimo utoroshye wo guhagarara imbere y’abisraeli banze Imana akababwira ijambo ryayo. Kuko wari umurimo utoroshye, Imana yagombaga kumutegura kugira ngo abashe kuwukora neza. Imana yagize Ezekiyeli umurinzi wa bene wabo bari mu bunyage ku migezi y’I Babuloni kugira ngo ababurire ikibi cyari kubasagarira mu gihe batari guhindukirira Imana.
Kwigomeka ku Mana ni byo byazaniye abisraeli guhinduka abanyagano mu mahanga, kwigomeka kw’isi ya none ni ko kuzatuma Imana icira urubanza abanze kuyizera bose.
Ongera aho ubika ibyagushimishije
Ugomba kuba uri
Winjiye
Kubika ibyo wakunze cyane.
Funga
Ibyongewe aho ubika ibyagushimishije.
Gukuraho ibyakunzwe.
Subscribe by Email
Subscribed.
Unsubscribed.
Ibyerekeye
Tumenye Bibiliya ni umurimo w’ivugabutumwa ushingiye ku nyigisho za Bibiliya zitambuka kuri radiyo kandi zikagera hirya no hino ku isi mu ndimi zirenga 100. Intego yacu iroroheje kandi ihura n’iyo Dr. McGee ubwe yagezeho ari yo: Kujyana Ijambo ryose mu isi yose.
Urubuga twr.org