2 Petero 1:7-14
-
2 Petero 1:7-14
Close
2 Petero 1:7-14
Petero yabwiye abera ko bakwiriye kugira ubuhamya bwiza, ari byo kwera imbuto z’Umwuka Wera, kuko utera imbuto z’Umwuka Wera aba adafite ubwishingizi bw’agakiza
2 Petero 1:4-6
Yesu Kristo yakoze umurimo mwiza kuko yemeye kuza mu isi, arapfa, arazuka kugira ngo abo mu isi bose bamwizere nawe abahe ubugingo budashira.
2 Petero 1:4-6
Yesu Kristo yakoze umurimo mwiza kuko yemeye kuza mu isi, arapfa, arazuka kugira ngo abo mu isi bose bamwizere nawe abahe ubugingo budashira.
2 Petero 1:1-4
Nubwo twakijijwe, ntibikuraho ko kamere ya kera ikomeza kuba muri twe kuko ihora mu ntambara na kamere nshya duhabwa iyo tumaze kwizera Yesu Kristo.
2 Petero 1:1-4
Nubwo twakijijwe, ntibikuraho ko kamere ya kera ikomeza kuba muri twe kuko ihora mu ntambara na kamere nshya duhabwa iyo tumaze kwizera Yesu Kristo.
2 Petero 1:1
Petero yanditse urwandiko rwa kabiri rwamwitiriwe agira ngo abwire abizera amwe mu magambo ye ya nyuma cyane ko yari yegereje gupfa. Muri uru rwandiko rwa kabiri, tubona ko Petero yanditse ashaka kuburira abizera kwirinda inyigisho z’ibinyoma
2 Petero 1:1
Petero yanditse urwandiko rwa kabiri rwamwitiriwe agira ngo abwire abizera amwe mu magambo ye ya nyuma cyane ko yari yegereje gupfa. Muri uru rwandiko rwa kabiri, tubona ko Petero yanditse ashaka kuburira abizera kwirinda inyigisho z’ibinyoma
Amosi 9:2-15
Nshuti muvandimwe twabanye uyu munsi, twaganiriye iby’ubuhanuzi buheruka bwa Amosi twagabanyamo ibice bibiri. Ubwa mbere twabonye ibyago ku bwoko bw’Abisiraheli aho nta we byagombaga gusiga kuko banangiye imitima yabo, ndetse Imana ikavuga ngo kabone nubwo bakwihisha he, nta numwe utazagerwaho n’igihano cy’Uwiteka. Igice cya kabiri ni icyerekana ko Imana itaciye ubwoko bwayo burundu kuko igihe kizagera abatatanye bakongera kugafrurwa mu gihugu cyabo Imana ikabagarukaho cyane ikongera ikabaha umugisha igihugu kikongera kigatemba amata n’ubuki, ariko ibyo bikaba byari iby’igihe gishyize kera. Twabonyeko Imana izagarura ingoma ya Dawidi izaba iyobowe na mwene Dawidi ari we Yesu wavukiye I Betelehemu ufite inkomoko yo mu muryango wa Dawidi.
Amosi 9:2-15
Nshuti muvandimwe twabanye uyu munsi, twaganiriye iby’ubuhanuzi buheruka bwa Amosi twagabanyamo ibice bibiri. Ubwa mbere twabonye ibyago ku bwoko bw’Abisiraheli aho nta we byagombaga gusiga kuko banangiye imitima yabo, ndetse Imana ikavuga ngo kabone nubwo bakwihisha he, nta numwe utazagerwaho n’igihano cy’Uwiteka. Igice cya kabiri ni icyerekana ko Imana itaciye ubwoko bwayo burundu kuko igihe kizagera abatatanye bakongera kugafrurwa mu gihugu cyabo Imana ikabagarukaho cyane ikongera ikabaha umugisha igihugu kikongera kigatemba amata n’ubuki, ariko ibyo bikaba byari iby’igihe gishyize kera. Twabonyeko Imana izagarura ingoma ya Dawidi izaba iyobowe na mwene Dawidi ari we Yesu wavukiye I Betelehemu ufite inkomoko yo mu muryango wa Dawidi.
Amosi 8:7-9:1
Nshuti mukundwa, ibyo twumvise uyu munsi bikwiye kutubera akabarore kuko ubwo twakomeje kumva Abisiraheli baburirwa, bakomeje kunangira umutima kugeza ubwo ibihano by’Uwiteka bibasohoyeho kandi ari ntako Imana itagize ngo ibaburira babivemo ariko bakanga bakanangira imitima. Uko yabivuze niko yabikoze maze ibyari ibirori muri bo ibihindura umuborogo n'indirimbo za bo zose zihinduka amaganya, kandi bose abatera gukenyera ibigunira n'imitwe yose ihinduka inkomborera, abateza umuborogo nk'upfushije umwana w'umuhungu ari ikinege, amaherezo ya byose kuri bo aba kwicwa uwiswe ko arokotswe akajyanwa mu bunyage.